” Avuga ko kuva we ku giti cye n’ikigo ayoboye batangiye gukorana n’ikigega RNIT-Iterambere Fund, babonye inyungu zitandukanye. Muri izo nyungu harimo amafaranga asanga miliyoni 100, ndetse bishimira kuba...
“Ati: ‘Nabonye ahantu nshobora gushora amafaranga make narinzanye nk’impamba ubwo natahaga nvuye mu mahanga, ku buryo mugihe nari ntarabona akazi, nakomeje gutungwa n’inyungu zavaga mu ishoramari nari narakoze mu...
“Kwizigamira mu kigega Iterambere Fund byamfashije kwigurira ikibanza mu gihe gito ndagije amashuri yisumbuye. Arakangurira by’umwihariko urubyiruko kugira umuco wo kwizigamira, kuko ari byo byabageza ku iterambere rirambye.” IRANEZEZA...