1 comment on “Bwana Francis NYAGA uhagarariye abagenzuzi bigenga ageza raporo ku banyamigabane b’ikigega RNIT Iterambere Fund uko umutungo w’ikigega wacunzwe.

  1. Muraho,

    Hakenewe ko buri kwezi mwajya mutwoherereza historic, umuntu akamenya aho ageze.
    Mukwiye gushaka uburyo buri munyamuryango yakwinjira muri system akaba yabyikorera.

    Iyo umuntu ashaka kugira amafaranga afata ku ye, anyura mu zihe nzira?
    Murakoze